gabanya ubwo butapu

0:00
0:00
gabanya ubwo butapu

nakunze cyane icyubahiro iwacu twakuranye namenye uko nitwara kwamamara ndumukene abakize ko barira I ibyabo babihamane agaciro kumugabo niko nashyize imbere intwaro yari ishaje nayigabiye abahwere ndakora byishi ngo abafana nze mbahe ubugenege kankarabe iyi myanda maze nkomeze kwanda ndi key yururuganda mpaka hanze yo murwanda umwana wanzwe arakuze amenyo nimutyaze ruhaya wayikura he uwamperezayo urihe muhamwe mwote umuriro mucanye kanze nkorere inote maze ubu bukene mbuce agasuzuguro nkace no beaf yahabaye nkumubyeyi ushoboye ingendo yundi ivuka niwe wamenye ibiba ubu uyu mukino ni hubu abana basanze idubu ndi mugiti cyumuvumu mukiganza mfite icumu nanze gushira impumu abanzi bakivuza impundu abanjye basabye amazi babaha ibikundukundu maze banjomba uruhindu ngo mvuze impundu mvuza induru abari aho bose bamenye ko ntari umururu muri ako kanya imitima yabo ikoma akaruru inzira iharuwe iraryoha ese wamenya ivumbi ute ntanumwe mpanganye nawe sindi no gukina ubute iri rap ntiyahindutse abantu nimwe mwabuze mutubwire icyabuze ibuka byinshi navuze ariko amatwi barafunze abandi buzuye ishyamba bakomeje kuyomba abo ntanakimwe mbagomba nanakimwe bahomba baguye umwuma mfite amazi sinabimye barayamennye bagirango barampimye uyu murima nahinze murabizi warabatunze nubwo mwabonye bike mukuramo akarenge mutazi nibisigaye mugirango ndarangiye ahubwo nabirangije nabaye udasubirwaho mumitima yabariho abanjye nibanyitaho nzabamara iyimbeho yateye benshi guhekenya amenyo batumira imisamanzuki bajugunya ubuki ivubi ribibonye ridwinga inyangabirama ejo hazaza hacu burya saho gukinishwa igihe cyabasaza ntihazamo kumeneshwa urutse imva aba ahemutse nubwo yaba ahembutse byishi byarambaje badufashe nkamase ngo bari gutera ubuse sindi igifura gusa byari byanduye kubona umwana iwabo avuna umuheha akamanikwa aho kumuha undi barushaho no kumusariKa iyaba babimenyaga ko biruka kumuyaga iyaba ibyiza bavuga ari nabyo bakora sinzi kwigira umwere

1 Comments

Leave a comment

Author
1 year ago

nakunze cyane icyubahiro iwacu twakuranye namenye uko nitwara kwamamara ndumukene abakize ko barira I ibyabo babihamane agaciro kumugabo niko nashyize imbere intwaro yari ishaje nayigabiye abahwere ndakora byishi ngo abafana nze mbahe ubugenege kankarabe iyi myanda maze nkomeze kwanda ndi key yururuganda mpaka hanze yo murwanda umwana wanzwe arakuze amenyo nimutyaze ruhaya wayikura he uwamperezayo urihe muhamwe mwote umuriro mucanye kanze nkorere inote maze ubu bukene mbuce agasuzuguro nkace no beaf yahabaye nkumubyeyi ushoboye ingendo yundi ivuka niwe wamenye ibiba ubu uyu mukino ni hubu abana basanze idubu ndi mugiti cyumuvumu mukiganza mfite icumu nanze gushira impumu abanzi bakivuza impundu abanjye basabye amazi babaha ibikundukundu maze banjomba uruhindu ngo mvuze impundu mvuza induru abari aho bose bamenye ko ntari umururu muri ako kanya imitima yabo ikoma akaruru inzira iharuwe iraryoha ese wamenya ivumbi ute ntanumwe mpanganye nawe sindi no gukina ubute iri rap ntiyahindutse abantu nimwe mwabuze mutubwire icyabuze ibuka byinshi navuze ariko amatwi barafunze abandi buzuye ishyamba bakomeje kuyomba abo ntanakimwe mbagomba nanakimwe bahomba baguye umwuma mfite amazi sinabimye barayamennye bagirango barampimye uyu murima nahinze murabizi warabatunze nubwo mwabonye bike mukuramo akarenge mutazi nibisigaye mugirango ndarangiye ahubwo nabirangije nabaye udasubirwaho mumitima yabariho abanjye nibanyitaho nzabamara iyimbeho yateye benshi guhekenya amenyo batumira imisamanzuki bajugunya ubuki ivubi ribibonye ridwinga inyangabirama ejo hazaza hacu burya saho gukinishwa igihe cyabasaza ntihazamo kumeneshwa urutse imva aba ahemutse nubwo yaba ahembutse byishi byarambaje badufashe nkamase ngo bari gutera ubuse sindi igifura gusa byari byanduye kubona umwana iwabo avuna umuheha akamanikwa aho kumuha undi barushaho no kumusariKa iyaba babimenyaga ko biruka kumuyaga iyaba ibyiza bavuga ari nabyo bakora sinzi kwigira umwere

User avatar
2.17k
Total plays
180
Followers
81
Following

You may also like