🇷🇼Mande Gospel🇷🇼
🇷🇼Mande Gospel🇷🇼

Isezerano by Mande Gospel

Isezerano by Mande Gospel

6 Plays

25 days ago

Erega imyambi y'Ishobora byose yarampinguranije, Ubugingo bwanjye bukanywa ubumara bwayo, Ibiteye ubwoba byuwo bintoza gutsinda urugamba iteka none mwana wumuntu rinda umutima wawe kwanza kuko arho ubugingo bududubiriza Uwiteka Mana yanjye, ni wowe mpungiraho, Ntabara, unkiza . Umunsai nagutakiyeho waransubije, Umpumurisha guha umutima wanjye imbaraga. Uwiteka ntiwanyimye kugira neza , Imbabazi n'ukuri kwawe wemeye kunkiza iteka uratebuka ukantabara warambonekeye unkunda urukundo ruhoraho kuva icyo gihe unkuruza ineza yawe uranyiyegereza wampaye abo mwisinagogi rya satani ba banyabinyoma bikubita imere yibirenge byanjye bamenya yuko unkunda mpora mpumurizwa nurukundo rwawe nuko wakomeje imitima yabera kubwanjye ntacyo nkugaya kuko iyi love igenda yiyonjyera surwagahararo thanks kuko utwumva kubwineza yawe ntabwo dusabwa kuvuga menshi Kuko imbabazi zawe ari ndende zigera no mu ijuru, Umurava wawe ugera ku bicu. ubuzima bwawe ubuturo bukwiye ninge ibihamya nibi 3 umwuka amazi n'amaraso kandi iyo ni inner life Hari ubwo nishimira kurimbuka k'unyanga, kandi nkumva ndi hejuru n'uko ibyago byabagezeho Mana watunganije ibyanjye byose, Amen..

1 Comments

Leave a comment

Erega imyambi y'Ishobora byose yarampinguranije, Ubugingo bwanjye bukanywa ubumara bwayo, Ibiteye ubwoba byuwo bintoza gutsinda urugamba iteka none mwana wumuntu rinda umutima wawe kwanza kuko arho ubugingo bududubiriza Uwiteka Mana yanjye, ni wowe mpungiraho, Ntabara, unkiza . Umunsai nagutakiyeho waransubije, Umpumurisha guha umutima wanjye imbaraga. Uwiteka ntiwanyimye kugira neza , Imbabazi n'ukuri kwawe wemeye kunkiza iteka uratebuka ukantabara warambonekeye unkunda urukundo ruhoraho kuva icyo gihe unkuruza ineza yawe uranyiyegereza wampaye abo mwisinagogi rya satani ba banyabinyoma bikubita imere yibirenge byanjye bamenya yuko unkunda mpora mpumurizwa nurukundo rwawe nuko wakomeje imitima yabera kubwanjye ntacyo nkugaya kuko iyi love igenda yiyonjyera surwagahararo thanks kuko utwumva kubwineza yawe ntabwo dusabwa kuvuga menshi Kuko imbabazi zawe ari ndende zigera no mu ijuru, Umurava wawe ugera ku bicu. ubuzima bwawe ubuturo bukwiye ninge ibihamya nibi 3 umwuka amazi n'amaraso kandi iyo ni inner life Hari ubwo nishimira kurimbuka k'unyanga, kandi nkumva ndi hejuru n'uko ibyago byabagezeho Mana watunganije ibyanjye byose, Amen..

You may also like